Ineza sifa ukinira ikipe yigihugu ya basketball Yu Rwanda yatangaje byinshi nyuma Yu mukino Rssb tigers yatsinzemo Johannesburg giant 102 kuri 89 uyu mukino wabaye 01Mata 2026. Ineza sifa yagize Ati<< hari umuntu wagerageje gukora ibishoboka byose kugira ngo abuze umukinnyi wambaye nimero 12 guca agahigo ko gutsinda amanota menshi mu mukino umwe wa BAL. yari asigaje gutsinda amanota 3 gusa, ariko bamwe ngo ntibishimira kubona abandi batsinda>>
Uyu mukinnyi yavugaga ni Randall Craig watsinze amanota 39 muri uyu mukino ubundi umukinnyi watsinze amanota menshi mu mukino umwe wa BAL yatsinze 41 bivuzeko Randall Craig yaburaga gutsinda amanota 3 gusa .RSSB Tigers ikomeje kudatsindwa (“still undefeated”).Ineza Sifa (yavutse 14, 2002) akinira ikipe yi gihugu yu Rwanda ya basketball ubu akinira muri America mwi kipe ya Tennessee Blue Raiders .ariko Randall Craig akomeje kugaragaza ubuhanga budasanzwe muri iri rushanwa kuko ubu niwe ubarirw gutsinda amanota Ari hejuru ya 30 buri mukino Aho ashobora no kuzaba mvp nzakomeza ku rwego ariho .Iyi kipe yageze mu mukino ya nyuma ya playoffs izabera ikigali muri gicurasi.



