RSSB tigers itsinze umukino wayo wa 2 muri BAL yiyongerera amahirwe yo kugera Mumukino ya nyuma izabera ikigali

RSSB tigers itsinze umukino wayo wa 2 muri BAL yiyongerera amahirwe yo kugera Mumukino ya nyuma izabera ikigali

RSSB tigers itsinze umukino wayo wa 2 muri BAL yiyongerera amahirwe yo kugera Mumukino ya nyuma izabera ikigali

RSSB tigers itsinze umukino wayo wa 2 muri BAL yiyongerera amahirwe yo kugera Mumukino ya nyuma izabera ikigali
RSSB Tigers yo mu Rwanda yatsinze Petro de Luanda (Angola) amanota 82-78 mu mukino wabereye kuri SunBet Arena mu mujyi wa Pretoria ku itariki ya 29 Werurwe 2026. Ikipe ya RSSB

Ubaye umukino wa kabiri ikipe ya Tigers itsinze yikurikiranya nyuma yo gutsinda Al ahly mu mukino wabo wambere bakinnye

  Petro de Luanda yabonye amanota abiri yashoboraga gutuma batsinda umukino  (free throws) na Childe Dundao banganya 78-78,Aho hari mugace kanyuma kumukino . ariko Antino Jackson Jr. wa RSSB yafashe umupira atsinda 3-pointer ikomeye anatsinda free throws(mu munota wa nyuma wa gatatu), bituma Tigers itsinda 82-78.

Mu bakinnyi b’ingenzi, Antino Jackson Jr. Adashije rssb tigers kubona itsinzi nubwo Atari yakoreshejwe cyane mu mukino,dore ko ariwe mukinnyi wakinnye iminota mike 16 yonyine .Teafale Leonard Jr. yongeye kwerekana ko Ari umukinnyi ukomeye cyane Aho ariwe mukinnyi utsinze manota menshi muri uyu mukino 26 pts akora 4 reb na 3 ast undi mukinnyi wo kugarukaho ni Leonard Craig Randall watsinze amanota 15 muri uyu mukino . uyu mukino usize Rssb tigers  amahirwe yayo yo kuza mu mikino yanyuma izabera ikigari yiyongereye agera 98% kuko itsinze amakipe yose yarakomeye muri iri tsinda  isabwa gutsinda umukino ukurikiraho ikazamuka iyoboye itsinda 




















Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now