Aston Villa yanditse amateka ibifashijwemo na Unai Emery itwara UEFA Europa League

Aston Villa yanditse amateka ibifashijwemo na Unai Emery itwara UEFA Europa League

Aston Villa yanditse amateka ibifashijwemo na Unai Emery itwara UEFA Europa League

Aston Villa yanditse amateka ibifashijwemo na Unai Emery itwara UEFA Europa League nyuma y'imyaka 30 nta gikombe gikomeye batwara

Aston Villa yanditse amateka ibifashijwemo na Unai Emery itwara UEFA Europa League
Youri Tielemans, Emiliano Buendía na Morgan Rogers ni bo batsinze ibitego,mu mukino waranzwe no kuyobara hagati mukibuga cyane ku ruhande rwa aston villa kuko niyo yihariye umupira kuva ku munota wa mbere kugeza kuwa nyuma aho bagiye bagora cyane ikiupe ya freiburg sc.

Ariko iri joro ryari rirenze umukino wa nyuma gusa. Ryabaye ijoro Aston Villa yongeye kwigaragaza nk’imbaraga zikomeye mu mupira w’u Burayi.Unai Emery, uzwi nk’umwami wa Europa League. Ubu amaze gutwara Europa League inshuro eshanu, ibintu bitarakorwa nundi mutoza .

Yayitwaye inshuro eshatu hamwe na Sevilla FC,nshuro imwe hamwe na Villarreal CF ndetse ninshuro imwe hamwe na Aston Villa
Ibi byerekana ko Emery adafata Europa League nk’irushanwa risanzwe, ahubwo ayifata nk’aho ari ubwami bwe bwihariye.

Imyaka 30 yari ishize idatwara igikombe gikomeye  mu gihe imyaka 43 yari ishize idatwara igikombe cy’i Burayi ,Emery yegukanye Europa League ye ya gatanu

aston villa ubu muri premier league iri ku mwanya wa 4 ku rutonde rwa shampiona aho habura umukino umwe ngo shampiona irangire ,aston villa yamaze kwibikabo itike yo gukina uefa champion league umukino wa nyuma wa shampiona aston villa izakina na manchester city kuwa 24 gicurasi 2026.
















Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now