Niyibizi ramdhani yavuze ko kuba atabanzamo muri apr fc ataruko adafite ubushobozi

Niyibizi ramdhani yavuze ko kuba atabanzamo muri apr fc ataruko adafite ubushobozi

Niyibizi ramdhani yavuze ko kuba atabanzamo muri apr fc ataruko adafite ubushobozi

Niyibizi ramdhani yavuze ko kuba atabanzamo muri apr fc ataruko adafite ubushobozi we abakinnyi abona bahari yabanzamo.

Niyibizi ramdhani yavuze ko kuba atabanzamo muri apr fc ataruko adafite ubushobozi
niyibizi ramadhan ukinira apr fc yatangajeko nubwo adahabwa umwanya wo gukina abizi neza ko afite ubushobozi bwo kubanza no mukibuga ,ibi yabitangarije mu kiganiro ya giranye na radio &tv10 cyagiye hanze uyu munsi 20gicurasi2026.

niyibizi ramadhan ukinira apr fc hagati mukibuga uyu mwaka w'imikino niyegeze abona umwanya uhagije wo gukina dore ko kumwanya we wakinagaho memel rauof dao nawe yaba adahari hakitabwaza ruboneka jean bosco cyangwa  mamadu ramine bah .

niyibizi ramadhan yatangaje ko we uko abaibona abakinnyi bahari muri apr fc yagakwiye kuba abanzamo kuko ubushobzi arabufite ,uyu  mwaka w'imikino yatsinze ibitego 3 gusa naboyo ni mumukino wa gishuti batsinzemo intare fc.

niyibizi ramadhan avugako imyaka irenga 8 amaze muri shampiona y'urwanda aribwo agize umwaka mubi w'imikino,niyibi ramadhan yaciye mu makipe atandukanye ariyo etincelle yamazemo imyaka 3,as kigali yamazemo umwka 1 ndetse na apr fc amazemo imyaka 4

niyibizi yatangajeko n' umukino wa nyuma w'igikombe cya mahoro abizi neza ko atazawukina ndetse n'imikino isigaye ya shampiona.yavuzeko abizi nezako imyaka ikurikira bizagenda neza.

niyibizi ramadhan ni umwe mu bakinnyi ba banyarwanda bafite academy(irerero ryabana bato biga umupira w'amaguru).uyu mugabo aracyafitiye amasezerano  ya apr fc azarangira umwaka utaha w'imikino ubwo we azaba yujuje imyaka 26 y'amavuko

Avugako we azi ko azi gukina umupira w'amaguru no hanze y'urwanda birashoboka ko yakwerekezayo.














Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now