Amavubi y'abangavu yitegura gucakirana na zambia, yatewe ingabo mu bitugu

Amavubi y'abangavu yitegura gucakirana na zambia, yatewe ingabo mu bitugu

Amavubi y'abangavu yitegura gucakirana na zambia, yatewe ingabo mu bitugu

Ikipe y'igihugu Amavubi y'abangavu y'abatarengeje imyaka 17, yitegura gukina na Zambia yasuwe 'abatoza b'ikipe y'Igihugu y'abagabo ndetse babasaba kuzitwara neza.

Amavubi y'abangavu yitegura gucakirana na zambia, yatewe ingabo mu bitugu
Ikipe y'igihugu Amavubi y'abangavu batarengeje imyaka 17 ikomeje imyiteguro y'umukino bazakinamo na Zambia kuwa gatanu tariki 17 Mata 2026 Kigali Pele stadium mu gushaka itike y'igikombe cy'Isi cyizabera muri Marocco.

Iyi kipe ikomeje imyitozo ikomeye, yasuwe n'umutoza mukuru wikipe yigihugu ya bagabo Stephen Constantine ndetse ari kumwe n'umutoza w'amakipe y'igihugu y'abagore Cassa Mbungo baganiriza aba bakobwa bakiri bato banabaremamo ikizere. .

kuri uyu wa Gatatu kandi, nibwo ikipe y'igihugu ya Zambia y'angavu batarengeje imyaka 17 yageragamu Rwanda ari naho iribukomereze imyitozo. 

FERWAFA Kandi yatangaje ko uyu mukino uzaba ku wa 5 kuri Kigali Pele Stadium, kwinjira bizaba ari ubuntu ndetse umukino ukazatangira ku isaha ya Saa 15:00 za Kigali.


























Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now