U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Aston Villa yo mu Bwongereza

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Aston Villa yo mu Bwongereza

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Aston Villa yo mu Bwongereza

U Rwanda rwasinyanye amasezerano na Aston Villa yo mu Bwongereza
Aya masezerano azajya yinjiriza iyi kipe miliyoni 20 z'ama-pound ku mwaka, akaba ari yo afite agaciro kanini mu mateka yayo kugeza ubu. Visit Rwanda yasimbuye ikigo cy'imikino y'amahirwe cya Betano nyuma y'icyemezo cya Premier League cyo guhagarika kwamamaza bene ibyo bigo imbere ku myambaro y'abakinnyi guhera mu mwaka w'imikino wa 2026-27.
‎Ubu bufatanye buje bukurikira urugendo rw'imyaka umunani Visit Rwanda yari imazemo ikorana na Arsenal rwamamazaga ku kuboko ubu ikaba yarasimbuwe n'ikigo cya Deel. 
‎Aston Villa yiyongereye ku yandi makipe y'ibigugu asanzwe akorana n'u Rwanda arimo Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa, Atlético de Madrid yo muri Espagne na Bayern Munich yo mu Budage.
‎Iyi kipe itozwa na Unai Emery yari yegukanye UEFA Europa League mu 2026, igiye kongera kugaragara mu mikino ya Champions League hamwe n'uyu muterankunga mushya.

Share this article

Facebook Twitter LinkedIn WhatsApp Instagram
Trending Now